Kora imyitozo y'ibibazo bikunze kuza mu kizamini cya provisoire. Ibibazo 500+ byo mu Kinyarwanda, ibimenyetso by'imihanda, Ikirenzeho ukorere kuri sisitimu imeze neza neza nkiyo uzakoreraho.
Intambwe enye gusa — uzuza form ubona hejuru, wishyure, ubone code, utangire imyitozo.
Uzuza amazina yawe na nimero ya telefone mu form iri ku rupapuro rwa mbere. Nta konte ukeneye.
Ishyura RWF 150 ukoresheje MTN MoMo cyangwa Airtel Money. Uhita ubona ubusabe bwo kwishyura kuri telefone yawe.
Access code yawe igaragara kuri screen ako kanya.
Injiza code mu portal, utangire imyitozo. Kora inshuro ushaka, uhabwe amanota ako kanya.
SchoolDream+ KoraRimwe ni sitasiyo y'imyitozo yo kwitegura ikizamini cy'uruhushya rwo gutwara. Tugufasha kwimenyereza sisitemu, ibibazo n'ibyapa by'umuhanda.
Sisitemu yacu yubatswe kugira ngo ikumenyereze sisitemu y'ikizamini cy'ukuri.
Iga ibimenyetso nibyapa byo mu muhanda byose ukoresheje ishusho n'ibisobanuro mu Kinyarwanda.
Ibibazo 20 mu minota 20 — kimwe n'ikizamini cy'ukuri. Amanota ukayabona ako kanya.
Ibibazo bihinduka kuri buri mwitozo — bishatse kuvugako wakwitoza inshuro nyishi ushaka.
Nyuma y'ikizamini ubona amanota, ibibazo wakoze neza ndetse n'ibisubizo wakabaye wasubije.
Buri cyapa gifite ibibazo bakubazaho kd buri kizamini gifitemo ibyapa kugirango bigutoze neza
Koresha device iyariyo yose ufite. Witoreza aho uri igihe cyose n'aho uri hose.
Itoze Inshuro Ushaka Zose Mugihe Kigenwe na Subscription Waguze. Ishyura na MTN cyangwa Airtel Money.
Sangiza link yawe uhabwa na sisitimu. Buri wese wishyura akoresheje watanze, uhita ubona commission ingana na 30% ako kanya.
Habwa RWF 45 ku mwitozo umwe — kd inyungu ikikuba kubagura subscription.
Yohereze kuri WhatsApp, Facebook. Buri kwishyura gukurikirana no guhabwa commission.
Saba kubikura igihe cyose ushakiye. Amafaranga ahita ajya kuri MTN cyangwa Airtel yawe.
Ibyavuzwe n'abantu bakoresheje sisitemu yacu.
Twandikire kuri WhatsApp, imeri, cyangwa udusange ku biro byacu. Kuwa Mbere – Kuwa Gatandatu, 8:00 – 17:00.
Murakoze! Access Code yawe ni:
—Nubura Kode Yawe Utwandikire Tugufashe
Hari ikibazo habaye.