Inyigisho z'Iga Gutwara

Soma igisubizo cy’ukuri ako kanya – menya neza mbere y’ikizamini cy’ukuri

Ikibazo 1 Ibimenyetso by’umuhanda
Imbere yawe iki cyapa kikubwiye iki ?
Ikimenyetso
  • A. Umuvuduko ntarengwa wemewe
  • B. Iherezo ry’ibyo wabuzwaga
  • C. Guhagarara umwanya munini n’umwanya moto ntibyemewe ✓ IGISUBIZO CY’UKURI
  • D. Birabujijwe kuhinjira
Ikibazo 2 Ibimenyetso by’umuhanda
Iki cyapa gisobanura iki?
Ikimenyetso
  • A. Umuyaga w’intambike ✓ IGISUBIZO CY’UKURI
  • B. Urusaku rwo mu muhanda
  • C. Ikibuga cy’indege
  • D. Ibisubizko byose nibyo
Ikibazo 3 Ibimenyetso by’umuhanda
Iki Cyapa Gisobanura Iki?
Ikimenyetso
  • A. Inzira y’abanyeshuri
  • B. Abanyamaguru ntibemerewe
  • C. Agace k’abanyamaguru nta kinyabiziga
  • D. Hegereye aho abanyamaguru bambukira ✓ IGISUBIZO CY’UKURI

Witeguye Gufata Umwitozo?

Kora imyitozo yose hano, wishyure RWF 300 maze uhabwe access yuzuye mu portal!

Tangira Ubu →
Ikibazo 4 Ibimenyetso by’umuhanda
wakora iki ubonye icyi cyapa ?
Ikimenyetso
  • A. guhagarara gusa igihe ibinyabiziga bikwegereye
  • B. guhagarara niyo nta kinyabiziga ubona ✓ IGISUBIZO CY’UKURI
  • C. Guhagarara gusa niba hari abana bategereje kwambuka
  • D. Guhagarara gusa igihe ikimenyetso cyaka ari umutuku
Ikibazo 5 Ibimenyetso by’umuhanda
Iki cyapa gisobanura iki?
Ikimenyetso
  • A. Ukugendera mu muhanda ubisikanirwamo ✓ IGISUBIZO CY’UKURI
  • B. Ukugendera mu muhanda ubisikanirwamo ntibyemewe
  • C. Cyerekana aho umunyegare agomba kunyura
  • D. Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
Ikibazo 6 Ibimenyetso by’umuhanda
Iki cyapa gisobanura iki?
Ikimenyetso
  • A. Ahatangirwa serivisi ni muri metero 30.
  • B. Umuvuduko munini ntarengwa utegetswe ni 30 km/h.
  • C. Umuvuduko muto ntarengwa utegetswe ni 30 km/h. ✓ IGISUBIZO CY’UKURI
  • D. Aho ibinyabiziga bihagarara ni imbere mu birometero 30.