Ugeze ahari inzira yabanyamaguru barindiriye kwambuka. Ntibatangiye kwambuka wakora iki?
-
A
kuvuza ihoni
-
B
kwihangana ugatagereza
Cy'Ukuri
-
C
gukomeza
-
D
nta gisubizo cyukuri
Gutinda gutanga ibimenyetso ku muyobozi w ikinyabiziga ni gute bibangamira abandi bakoresha umuhanda?
-
A
bigira ingaruka gusa kubaturuka mukindi cyerekezo
-
B
baba bafite igihe gihagije cyo gushyira mu bikorwa ibyo bamyeshejwe
-
C
bishobora gutuma batabona igihe gihagije cyo gushyira mubikorwa icyo amenyeshejwe
Cy'Ukuri
-
D
ntacy bibabangamiraho
Niryari amatara ndanga cyerekezo agomba kugaragazwa kubandi bakoresha umuhanda?
-
A
igihe gusa ari ngombwa amenyesha ibindi binyabiziga bimukurikiye
-
B
igihe gusa aringombwa kuburira abandi bayobozi bava mukindi cyerekezo
-
C
mugihe gikwiye ushaka kumenyesha abandi bakoresha umuhanda icyo ugiye gukora
Cy'Ukuri
-
D
keretse ahari ibimenyetso byo mu muhanda byerekana icyerekezo cyawe
Umuyobozi w ikinyabiziga agendera inyuma y ikindi kinyabizaga akaba adateganya kukinyuraho yakora iki?
-
A
kuguma yicyo kinyabiziga hagati mu muhanda
-
B
kuguma inyuma yacyo kugirango yemerere ibindi binyabiziga gutambuka
Cy'Ukuri
-
C
gutwarira inyuma ye umwegereye cyane kugirango ureke ibindi binyabiziga bibanyureho
-
D
gutanga ibimenyetso kubindi binyabiziga ko byabanyuraho
Ni iki umuyobozi w ikinyabiziga yakora ahuye n ishyo ry amatungo munzira nyabagendwa?
-
A
Kuvuza ihoni kugirango ayo matungo atambuke
-
B
Umuyobozi w ikinyabiziga agomba kugabanya umuvuduko no gutambukana ubwitonzi
Cy'Ukuri
-
C
gutwarira ikinyabiziga mu muhanda hagati kugirango abandi bayobozi bahagararare
-
D
Nta gisubizo cyukuri kirimo
N iki umuyobozi w ikinyabiziga yakora aramutse ahumishijwe n urumuri rw amatara yikinyabiziga giturutse mu kindi cyerekezo?
-
A
humisha ikinyabiziga giturutse mu kindi cyerekezo ucana amatara maremare
-
B
Egera kunkombe y iburyo bw umuhanda nibinashobioka ugabanye umuvuduko
Cy'Ukuri
-
C
Canira amatara ikinyabiziga kiva mukindi cyerekezo
-
D
Ongera umuvuduko kugira ngo usohoke mururwo rumuri vuba bishoboka
N iyihe myifatire myiza wagira ugeze aho abana bari hafi y inzira nyabagendwa?
-
A
Itonde witegereze ni biba ngongwa ubaburire unitegura kuba wahagarara
Cy'Ukuri
-
B
Ihute urenge aho abo bana bari
-
C
Komeza ugume ku muvuduko munini
-
D
Komeza ugendere kuruhande rw iburyo
Umuyobozi w ikinyabiziga yegereye aho umwana w umuhungu utwaye akagare k abana asezera ku nshuti ye. N iyihe myifatire myiza wagira imbere yabo?
-
A
Ikomereze nkaho ataragera munzira nyabagendwa
-
B
Itegure kureka uwo mwana w umuhungu atambuke kuko yajya mu muhanda atitaye ku kinyabiziga cyawe
Cy'Ukuri
-
C
Gabanya umuvuduko ubwire uwo mwana yambuke ukoresheje ibimenyetso
-
D
Komeza nkaho uwo mwana akiri munzira y abanyamaguru
Urupapuro 3 kuri 8 — ibibazo 64 hamwe