1 Ibimenyetso by'Umuhanda Imbere yawe iki cyapa kikubwiye iki ? A Umuvuduko ntarengwa wemewe B Iherezo ry’ibyo wabuzwaga C Guhagarara umwanya munini n’umwanya moto ntibyemewe Cy'Ukuri D Birabujijwe kuhinjira
2 Ibimenyetso by'Umuhanda Iki cyapa gisobanura iki? A Umuyaga w’intambike Cy'Ukuri B Urusaku rwo mu muhanda C Ikibuga cy’indege D Ibisubizko byose nibyo
3 Ibimenyetso by'Umuhanda Iki Cyapa Gisobanura Iki? A Inzira y’abanyeshuri B Abanyamaguru ntibemerewe C Agace k’abanyamaguru nta kinyabiziga D Hegereye aho abanyamaguru bambukira Cy'Ukuri
4 Ibimenyetso by'Umuhanda wakora iki ubonye icyi cyapa ? A guhagarara gusa igihe ibinyabiziga bikwegereye B guhagarara niyo nta kinyabiziga ubona Cy'Ukuri C Guhagarara gusa niba hari abana bategereje kwambuka D Guhagarara gusa igihe ikimenyetso cyaka ari umutuku
5 Ibimenyetso by'Umuhanda Iki cyapa gisobanura iki? A Ukugendera mu muhanda ubisikanirwamo Cy'Ukuri B Ukugendera mu muhanda ubisikanirwamo ntibyemewe C Cyerekana aho umunyegare agomba kunyura D Nta gisubizo cy’ukuri kirimo
6 Ibimenyetso by'Umuhanda Iki cyapa gisobanura iki? A Ahatangirwa serivisi ni muri metero 30. B Umuvuduko munini ntarengwa utegetswe ni 30 km/h. C Umuvuduko muto ntarengwa utegetswe ni 30 km/h. Cy'Ukuri D Aho ibinyabiziga bihagarara ni imbere mu birometero 30.
7 Ibimenyetso by'Umuhanda Iki cyapa gisobanura iki? A Ahegereye umuhanda unyerera. B Imbere ipine ryapfumutse. C Ahegereye icyago kidasobanuye ukundi. Cy'Ukuri D Imbere hari hatangirwa serivisi.
8 Ibimenyetso by'Umuhanda Iki cyapa gisobanura iki? A Ntihanyurwa n’abanyamaguru Cy'Ukuri B Akayira kabanyamaguru C Aho abanayamaguru bambukira D B na c ni ibisubizo by’ukuri